Britney Spears yongeye gukangaranya imbuga zitandukanye ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye ubusa
Britney Spears yongeye gukangaranya imbuga zitandukanye ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye ubusa
Britney Spears yongeye kumvikana mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amafoto ye yongeye gucicikana yambaye ubusa buri buri, akavuga ko akeneye kongeresha ikibuno.
Uretse ibi uyu muhanzikazi yashyize hanze ubundi butumwa agaragaza ko afite ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe ku buryo bituma, rimwe na rimwe atabasha gutekereza neza uko bikwiriye. Ati “Rimwe na rimwe hari n’igihe gutekereza binanira.’’



