Dore urutonde rw’abayobozi n’abayobozi bungirije 890 birukanwe bakagirwa abarimu

Dec 30, 2025 - 15:47
 0
Dore urutonde rw’abayobozi n’abayobozi bungirije 890 birukanwe bakagirwa abarimu

Dore urutonde rw’abayobozi n’abayobozi bungirije 890 birukanwe bakagirwa abarimu

Dec 30, 2025 - 15:47

Igenzura ryahawe abari abayobozi b’ibigo by’amashuri ryasize abataragize amanota 70% kuzamura bahagarikwa mu kazi ko kuyobora ibigo, harimo 349 bo mu mashuri abanza na 541 bo mu mashuri yisumbuye, bagizwe abarimu.

Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), Dr Flora Mutezigaju yasobanuye ibyashingiweho kugira ngo abo bayobozi b’ibigo bahagarikwe ku buyobozi, habanje gukorwa isuzuma ry’Akarere nyuma hakorwa iryatanzwe na REB.


Yavuze ko harebwe uburyo umuyobozi afite intumbero y’ikigo, uburyo umuyobozi afasha mu myigire, uburyo umuyobozi akoresha umutungo w’ikigo bahabwa na Leta, uburyo umuybozi akorana n’ababyeyi kuko ishuri ntirikora ryonyine riba rifite ababyeyi.

Ati: “Habanje isuzuma ry’Akarere ryibandaga ku bintu 2 birimo imyitwarire y’umuyobozi muri rusange uburyo umuyobozi akunze akazi ke, byabazwe ku manota 100.

Kanda hano hasi urebe urutonde: 

Files

MBARUSHIMANA Elia MBARUSHIMANA Elia joined journalism as a volunteer in 2018. Currently an Entertainment Journalist & News Reporter. I worked for NEWSWITHIN, MAXIMED TV, and Ukwelitimes.com as well as imirasiretv.com & bigezwehotv.com | Contact Me: +250781087999 or mbarushimanaelia50@gmail.com