Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w'Intebe
Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w'Intebe
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112, none ku wa 10 Ukwakira 2025, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi bashya



