Ubushinjacyaha Bukuru bwashyizeho uburyo bwo gufasha abanyamahanga baba mu Rwanda n’Abanyarwanda baba mu mahanga kubona icyangombwa cy’uko umuntu yakatiwe cyangwa atakatiwe n’inkiko binyuze ku rubuga rwa Irembo. Mu mpinduka zakozwe harimo kuba umunyamahanga utuye mu Rwanda, akoresha indangamuntu y’umunyamahanga cyangwa iranga impunzi, yatanzwe n’u Rwanda, igihe asaba iyi serivisi, abinyujije ku Irembo.
Files
MBARUSHIMANA Elia
MBARUSHIMANA Elia joined journalism as a volunteer in 2018. Currently an Political & Entertainment and Sports Journalist at BIGEZWEHO ENTERTAINMENT Ltd
| Contact Me: +250781087999 or mbarushimanaelia50@gmail.com