Kigali: Mu ijoro ry’ubukwe umusore yasanze umukobwa yarongoye akiri isugi yuzuye maze ahita akizwa n’amaguru none yagiye umuti wamerezayo
Kigali: Mu ijoro ry’ubukwe umusore yasanze umukobwa yarongoye akiri isugi yuzuye maze ahita akizwa n’amaguru none yagiye umuti wamerezayo
Umugore wabuze umugabo we yagishije inama nyuma y’uko umugabo we asanze akiri isugi.
Mu ijoro ry’ubukwe, umugabo we yasanze akiri isugi maze ahita akizwa n’amaguru none bamubuze burundu.
Umugore ari kwibaza niba yashaka umugabo wamutwara ubusugi bwe kugira ngo umugabo agaruke atakiri isugi.
Uyu mukobwa yabwiye Radio Rwanda ati: “Mwiriweneza Radio rwanda nanjye nashakagako mungira inama ndi umugeni wubatse vuba hashize imyaka ibiri nshatswe.
Uko ikibazo cyanjye giteye Ni uku, kera ntarashakwa nakundanaga numugabo wanjye (muri make yari chr wanjye) yakundaga kuganira nabasore b inshuti ze bavugako batashyingiranwa cg se bataryamana numukobwa w’ isugi murinjye nkumva ubwoba buranyishe kuko nariyo ( nari isugi) kd numvaga ntazatezuka kuruwo mugambi niyemeje kuko murugo twari turi aba kristu cyane.
Umugabo wanjye tutarashyingiranwa yambazaga ngo ese uri isugi nanjye nubwoba bwinshi nkamubwirako ntariyo ark tukimara gushakana ku ijoro ryo mukwabuki yarantunguye ndumirwa tujya kuryamana bwambere twarashyingiranwe yarandebye arambwira ati” uri isugi ” nanjye nti”yeee!”
Yaciye hasi arambwirango iyo umbwira Kare akareka gupfusha umwanyawe wubusa, iryo joro naraye nibaza icyo nakora ngo umugabo wanjye ambabarire birancanga.
Bukeye bwaho umugabo yabyutse atamvugisha arihuta cyane ajya kureba inshuti ze nimugoroba ntiyataha mbese guhera iryo joro sinongeye kumubona.
None imyaka ibiri ishize ntazi aho yagiye ngerageza kumuhamagara nimero ye ikanga gucamo ninshutize ntizizi aho yagiye harubwo ntekereza gushaka uko nabikora ahandi ark nakwibukako ndi umukristu nkisubiraho.
Umuryango wumugabo narabibabwiye banga kubyemera nabo baramushatse baramubura.
Rero ikibazo cyanjye kiragira kiti ese nshake undi tubikorana azasange meze uko abyifuza cg se nkomeze ntegereze. ndaremerewe pe mumfashe mungire inama y Icyo nakora. Murakoze!”





