Mu rwego rwo kunoza igenamigambi no guteza imbere umurimo, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) hamwe n’izindi nzego bireba, bateguye igikorwa cyo gukusanya amakuru yo kwandika abantu bose badafite akazi kandi bari mu myaka yo gukora.
Files
MBARUSHIMANA Elia
MBARUSHIMANA Elia joined journalism as a volunteer in 2018. Currently an Political & Entertainment and Sports Journalist at BIGEZWEHO ENTERTAINMENT Ltd
| Contact Me: +250781087999 or mbarushimanaelia50@gmail.com