MU MAFOTO : Twinjirane mu birori bya together Day 2025
MU MAFOTO : Twinjirane mu birori bya together Day 2025
Ikipe ya Together FC yakoze ibirori byo kwizihiza umunsi wayihariwe bizwi nka Together Day aho yakoze ibikorwa bitandukanye.
Muri ibi birori ngarukamwaka byabaye ku ku cyumweru muri Stade ya Nyirangarama, Together FC yerekanye ko arikipe y'ubukombe Kandi yunze ubumwe
Together FC ya 1 kandi yakinnye na Together FC ya 2 mu mukino wa gicuti aho byarangiye aya ma kipe yombi anganyije ibitego 2-2. bituma igikombe cyari cyateguwe gisubizwa mu kabati kacyo kuko ntawagitsindiye.
Reka turebane amafoto yaranze ibi birori " Together Day 2025";
Together FC ya 1 yariyobowe na kapiteni Bizimana Augustin uzwi nka Falcao
Together FC ya 2 yariyobowe na kapiteni Gatabazi washinze uruganda rwa INNOPRO LTD rutunganya ikinyobwa cya tangawizi
Kapiteni w'ikipe y'umurenge wa Base Gaston nawe yerekanyeko akiri rutahizamu ukomeye
Kapiteni w'ungirije w'ikipe y'umurenge wa Yabu
Perezida w'abafana b'ikipe ya Musanze FC ibarizwa mukiciro cya 1 uzwi nka Baby Rich nawe yerekanyeko ibiro bitamubuza guconga ruhago
Perezida wa Together FC Bizimana Augustin uzwi nka Falcao yerekanyeko atayobora gusa ahubwo azi noguconga ruhago
Perezida w'abanyamuryango ba together FC Bizimana Augustin uzwi nka Falcao yashimiye cyane abanyamuryango ba Together baje kwifatanya muri ibi birori bya together day 2025
Umunyamabanga nshingwa bikorwa w'umurenge wa Base Uwiringiye Placide wari witabiriye ibi birori bya together day yashimiye cyane ubuyobozi bwa together FC bwateguye ibi birori abasaba no kwitegura amarushanwa y'umurenge Kagame cup
Umunyamabanga nshingwa bikorwa w'umurenge wa Base Uwiringiye Placide arikumwe n'ushinzwe imiyoborere muri uyu murenge wa Base Mm Uwamwiza Claudine bari kuri stade ya Nyirangarama
Umunyenganda Ndoli Ildephonse ufite uruganda rwa BASE COMPANY LTD rutunganya kawunga yitwa IGISUBIZO nawe yariyaje kwiherijisho uyu mukino
Abatoza b'amakipe yombi bari bariye karungu
Umunyenganda Gatabazi n'umunyenganda Kazungu akaba umuyobozi w'uruganda rutunganya kawunga yitwa NGUVU bari bafite ishyaka mukibuga
Yanditswe na Nkurunziza Bonaventure





