Rurageretse hagati ya Miss Naomi n'abavuga ko umugabo we akennye

Jul 18, 2025 - 02:12
 0
Rurageretse hagati ya Miss Naomi n'abavuga ko umugabo we akennye
Rurageretse hagati ya Miss Naomi n'abavuga ko umugabo we akennye

Rurageretse hagati ya Miss Naomi n'abavuga ko umugabo we akennye

Jul 18, 2025 - 02:12

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yikomye abantu bamaze iminsi bavuga ko umugabo we yakennye, abasaba kumurekera umugabo kandi ko ntawe yamushinze.

Miss Naomi abigarutseho nyuma y’umunsi umwe ushize ku mbuga nkoranyambaga hazengurutswa ifoto y’umugabo we Michael Tesfay agaragara ari mu modoka rusange ari nabyo abenshi bashingiyeho bavuga ko yakennye.

Mu kiganiro yakoreye ku rubuga rwa Instagram (Live), yabasubije ko ubuzima bw’umugabo we Michael Tesfay butabareba, bakwiye kumumurekera icyakora ko we bemerewe kumuvugaho ibyo bashaka ariko bagera ku mugabo we bagafunga iminwa.

Yagize ati: “Icyo yatega cyose, yajya hehe mujye mumureka kandi igihe muzajya mumubona, mujye mufunga umunwa. Icyo nzabafasha, ni ukubagurira akantu kitwa ‘Super Glue’, ariko kuri njye rwose mwemerewe kuvuga ibyo mushaka? Numvise muvuga ko akennye!

MUNYABARENZI Shalom I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250791091849