Abantu 50 nibo bitabye Imana nyuma yogutegekwa kunywa imiti gakondo kugirango barebe niba abo bantu atari abarozi
Abantu 50 nibo bitabye Imana nyuma yogutegekwa kunywa imiti gakondo kugirango barebe niba abo bantu atari abarozi
Abantu 50 nibo bitabye Imana nyuma yogutegekwa kunywa imiti y'ishyamba n'abavuzi gakondo kugirango barebe niba abo bantu atari abarozi.
Biravugwa ko abantu 50 bategetswe n'abavuzi gakondo umuti witwa "Mbulungo", kugirango barebe niba atari abarozi birangira ibahitanye.
Umuvugizi wa Polisi witwa Antonio Hoss niwe wemeje ayo makuru avuga ko biriya byabaye bisanzwe biri mu muco ijyanye no kwizera amarozi.
Yagize ati" Abavuzi gakondo iyo bacyeka ko umuntu runaka ari Umurozi, bamuha umuti witwa "Mbulungo" hanyuma iyo awunyoye agapfa bihita bigaragara ko uwo muntu yari umurozi kuko iyo utaroga ntacto ugutwara.
Muri Angora ntategeko rihana Umuntu ucyekwaho amarozi ahubwo ubwo bubasha bufitwe n'abavuzi gakondo nibo bemeza ko umuntu ari Umurozi bakoresheje amoko atandukanye y'imiti bamuha kunywa ngo barebe ko atari Umurozi
Iyo ayinyweye agapfa bihita byemezwa ko yari umurozi kuko ubundi uwo muti iyo utaroga ntacyo wagutwara.





