Burundi: Inkuru iteye urujijo ku murambo w’umwana ukivuka waburiwe irengero

Oct 3, 2025 - 00:31
 0
Burundi: Inkuru iteye urujijo ku murambo w’umwana ukivuka waburiwe irengero

Burundi: Inkuru iteye urujijo ku murambo w’umwana ukivuka waburiwe irengero

Oct 3, 2025 - 00:31

Abapolisi babujijwe kubyinjiramo Iyi nkuru dukesha SOS Medias Burundi ivuga, abapolisi bahise babimenyeshwa, bivugwa ko babujijwe kugira icyo bakora n’umuyobozi w’ibitaro, Dr. Rénovat Ndayizeye, bivugwa ko yabujije gusaka aho hantu. Abaturage ba Ruyigi bo baribaza bati: “ubu ni uburangare busanzwe cyangwa ni uguhisha? Abakozi bashinzwe ubuzima, batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuga ko ibintu nk’ibi atari ubwa mbere bibaye kandi biterwa n’uburangare bw’abaganga bashya babona imyanya mu buryo bdasobanutse kubera ko ari abayoboke ba CNDD-FDD. Mu 2023, muri ibi Bitaro bya Ruyigi bivugwa ko hari uburangare bwagiye butuma abana banavukira hasi ku butaka.

Nk’uko umuforomokazi wari ku kazi yabitangaje, ngo uyu mwana yavutse apfuye ahagana mu ma saa munani z’igicuku ( cyangwa z’urukerera) Kubera kutagira morgue ikora, ibyumba bikonjesha “byanduye kandi bidakora” umubiri w’uruhinja wazingiwe mu ishuka ugumishwa muri “salle d’attente”.

Uyu mubyeyi bise N.C. yagize ati: “Twasabwe gutegereza gutwara umurambo, ariko nyuma y’amasaha make, ntiwari ugihari.”

Abapolisi babujijwe kubyinjiramo

Iyi nkuru dukesha SOS Medias Burundi ivuga, abapolisi bahise babimenyeshwa, bivugwa ko babujijwe kugira icyo bakora n’umuyobozi w’ibitaro, Dr. Rénovat Ndayizeye, bivugwa ko yabujije gusaka aho hantu. Abaturage ba Ruyigi bo baribaza bati: “ubu ni uburangare busanzwe cyangwa ni uguhisha?

Abakozi bashinzwe ubuzima, batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuga ko ibintu nk’ibi atari ubwa mbere bibaye kandi biterwa n’uburangare bw’abaganga bashya babona imyanya mu buryo bdasobanutse kubera ko ari abayoboke ba CNDD-FDD. Mu 2023, muri ibi Bitaro bya Ruyigi bivugwa ko hari uburangare bwagiye butuma abana banavukira hasi ku butaka.

Henriette UWAMAHIRWE