Ese M23 yaba igiye gutsindwa ku rugamba karahabutaka ihanganyemo n'ingabo za FARDC
Ese M23 yaba igiye gutsindwa ku rugamba karahabutaka ihanganyemo n'ingabo za FARDC
Akanama k’Umutekano ka Loni, kafashe umwanzuro wo gushyigikira ubutumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo, SADC, ziri mu Burasirazuba bwa Congo.
Ubu butumwa bwatangiye ku busabe bwa Leta ya Congo ubwo imirwano yari imeze nabi hagati y’Igisirikare cya M23 n’Ingabo za RDC. Loni yemeye ko igiye gushyigikira ubu butumwa, mu bijyanye n’amakuru y’ubutasi hamwe n’intwaro.
Ingabo za SADC ziri muri RDC, zemerewe kujya zikoresha ibikoresho bya Monusco muri ubu butumwa kugira ngo zigere ku nshingano zabwo.
Loni yemeye ko Ingabo za SADC zizajya zikoresha ibikoresho bya Monusco



