Ishyano ricitse umurizo: Perezida Donald Trump atangaje ko Umuyobozi w'ikirenga Mushya wa Iran ari umutinganyi
Ishyano ricitse umurizo: Perezida Donald Trump atangaje ko Umuyobozi w'ikirenga Mushya wa Iran ari umutinganyi
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump atangaje amagambo akomeye yita umuyobozi w'ikirenga Mushya wa Iran ubutinganyi.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Werurwe 2026 isi yose irakangaranye cyane nyuma y'amagambo atangajwe na Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump umaze kwita umutinganyi umuyobozi mukuru w'ikirenga wa Iran.
Donald Trump yavuze ko afite gihamya kuri aya makuru ku muyobozi w'ikirenga wa Iran Mojtaba Khamenei cyane ko yanabihamirijwe n'urwego rwa CIA ko Khamenei aryamana n'abo bahuje ibitsina.
Nyuma yo gutambutsa ubu butumwa kwa Donald Trump abantu benshi baguye mu kantu kubera ibara akoze ryo gushinja umuyobozi ukomeye cyane nk'uyu byiyongeyeho ko ari umuyoboke w'idini rya Islam ryanga urunuka abatinganyi.
Ubu ni ubushotoranyi bukomeye Amerika ishoye kuri Iran haba ku ruhande rw'abayobozi bayo no ku baturage bayo bishobora gutuma hakomeza intambara karundura aho kuyihagarika nk'uko byari bimaze iminsi bihwihwiswa.
Kugeza ubu ntacyo uruhande rwa Iran ruravuva kuri ibi bishobora no kutabaho vuba dore ko badakunda gusubizanya na Amerika kenshi.






