Itangazo ryihutirwa rya Minisiteri y'Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali.

Nov 28, 2023 - 18:14
 0
Itangazo ryihutirwa rya Minisiteri y'Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali.

Itangazo ryihutirwa rya Minisiteri y'Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali.

Nov 28, 2023 - 18:14

Minisiteri y'Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali. Ni mu rwego rwo kugabanya igihe abvantu bamara ku byapa bategereje imodoka. Izi ngamba zizatangira gushyirwa mu bikorwa guhera tariki 15 Ukuboza 2023.

MBARUSHIMANA Elia MBARUSHIMANA Elia joined journalism as a volunteer in 2018. Currently an Political & Entertainment and Sports Journalist at BIGEZWEHO ENTERTAINMENT Ltd | Contact Me: +250781087999 or mbarushimanaelia50@gmail.com