Join our subscribers list to get the latest news, updates and special offers directly in your inbox
Itangazo ryihutirwa rya Minisiteri y'Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali.
Itangazo ryihutirwa rya Minisiteri y'Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali.
Minisiteri y'Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali. Ni mu rwego rwo kugabanya igihe abvantu bamara ku byapa bategereje imodoka.
Izi ngamba zizatangira gushyirwa mu bikorwa guhera tariki 15 Ukuboza 2023.
MBARUSHIMANA Elia
MBARUSHIMANA Elia joined journalism as a volunteer in 2018. Currently an Entertainment Journalist & News Reporter. I worked for
NEWSWITHIN, MAXIMED TV, and Ukwelitimes.com as well as imirasiretv.com & bigezwehotv.com
| Contact Me: +250781087999 or mbarushimanaelia50@gmail.com