RMC Yongeye kwibutsa abanyamakuru ba siporo inshingano zabo
RMC Yongeye kwibutsa abanyamakuru ba siporo inshingano zabo
Mu itangazo ryatanzwe na Rwanda Media Commission (RMC), hibanzwe cyane ku kwibutsa abanyamakuru bakora inkuru za siporo kudatandukira mu gihe bari mu busesenguzi ndetse mbere yo gutangaza inkuru bakajya babanza kumenya ko ari ukuri.
RMC kandi yibukije abanyamakuru babangikanya akazi k'itangazamakuru n'ubuvugizi bw'amakipe ko ataribyo.





