Amajyepfo: Ibyapa byo kumuhanda birikwibwa ku bwinshi
Amajyepfo: Ibyapa byo kumuhanda birikwibwa ku bwinshi
Mu ntara ya majyepfo mu turere dutandukanye ibyapa byo ku muhanda biri kwibwa n'abashaka ibyuma bishaje ibi bizwi nk'injyamani
Abaturage batuye mu ntara y'amajyepfo mu turere tugiye dutandukanye two muri iyo ntara barinubira ko abagurisha ibyuma bishaje ibi bizwi nk'injyamani barimo kwiba ku bwishi ibyapa biyobora abagenzi byo ku muhanda bigatuma uhageze atamenya icyerekezo. Kirengeri-Kaduha, Polisi y'u Rwanda yatangarije itangazamakuru ko hamaze gufatwa abantu 12 bakurikiranyweho kwiba ibyo byapa.



