Amakuru agezweho: Ya Dindo bavugaga ko yibwe n'abakinnyi baAddax Fc yabonetse nyuma y'amasaha 37 iburiwe irengeronshi
Amakuru agezweho: Ya Dindo bavugaga ko yibwe n'abakinnyi baAddax Fc yabonetse nyuma y'amasaha 37 iburiwe irengeronshi
Mu minsi mike ishize nibwo inkuru yabaye kimenyabose ko abankinnyi Juvenal bereye umuyobozi mu ikipe ya Addax FC byavugwaga ko bibye Dindon ariko ubu banyirayo baratangaza ko baje kuyibona nyuma yamasaha 37h
Ba nyiri dendo bayimaranye hafi imyaka 2 muri iyo myaka yose nta gihe yigeze ibura bayiguze ngo umwana wabo age abona amagi atuma indyo ye ibe yuzuye kugirango agire imibereho myiza, ni bwo bwa mbere bari bayibanguriye ngo bayireke irarire iturage.
Ni bwo bwa mbere bari bayibuze kuva bayigura kandi yize kubura ibura irarira . Abana bavuga ko yinjiye mu gipangu abakinnyi ba ADDAX FC bacumbikamo bayireba kuva ubwo ntiyagaruka, yagarutse nyuma y’amasaha 37 ibuze maze isubira mu magi
Ibyo wakwibaza
Bishoboka bite ko dindon irarira isiga ku bushake bwayo amagi amasaha 37? byongeyeho irarira ubwo wasanga itarifungiye ahantu runaka iziritse? Ese iyo ibitangazamakuru biza kudatabaza, iriya dindon ntiba yarinovowe?
Iyo inzego z’ibanze zikora isaka muri kiriya gipangu no mu bandi baturanyi, ukuri ntikuba kwarahise kumenyekana?
Ibyo byose nibyo kwibazwa ariko reka twishimire ko iriya Dindon yabonetse.





