Imijyi 10 ya mbere muri Afurika aho bihenze cyane kubona ibiryo

May 8, 2024 - 02:03
 0
Imijyi 10 ya mbere muri Afurika aho bihenze cyane kubona ibiryo

Imijyi 10 ya mbere muri Afurika aho bihenze cyane kubona ibiryo

May 8, 2024 - 02:03

Ibyo kurya ni igice cy’ingenzi mu buzima bw’abantu n’ibisabwa by’ibanze kugirango tubeho. Nyamara, igiciro cy’ibiribwa gishobora kuba ikibazo gikomeye ku bantu benshi ku Isi.

Ubushobozi bw’abantu bwo kubona amafunguro akungahaye ku ntungamubiri bushobora kugirwaho ingaruka cyane n’igiciro cy’ibyo kurya kiri hujuru cyane mu gihugu, amaherezo bikaba bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima bw’abantu no kumererwa neza.

Numbeo, rumwe mu mbuga zitanga imibare yimbitse n’ubushakashatsi ku Isi, ibara amakuru agaragaza imijyi igiciro cy’imibereho kiri hejuru cyane, ku Isi. Igiciro cy’ibiryo, cyane cyane igiciro cy’ibiribwa n’ifunguro ryo muri resitora, ni kimwe mu bipimo bikoreshwa mu gukora urutonde.

Ku bisobanuro byayo, Numbeo ishingira ku bakoresha urubuga rwayo n’amakuru yakusanyijwe ahantu hizewe (nk’imbuga z’ibiribwa, imbuga za tagisi z’ubucuruzi, imbuga z’imiryango ya leta, inkuru z’ibinyamakuru, ubundi bushakashatsi, n’ibindi).

Ububikoshingiro bw’urubuga rwayo buvugururwa kabiri mu mwaka n’amakuru yavuye ahantu ahantu hizewe. Urubuga rwa Numbeo rutanga ibisobanuro birambuye ku nzira binyuramo.

Dore imijyi 10 ya mbere bihenze kubona ibyo kurya muri Afurika

T. David I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 784 525 501