Kicukiro/Gatenga: Umugore yatahanye n’umugabo bakubitira akabariro ku buriri buryamyeho uruhinja bucya rwitabye Imana.
Kicukiro/Gatenga: Umugore yatahanye n’umugabo bakubitira akabariro ku buriri buryamyeho uruhinja bucya rwitabye Imana.
Mu mujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro Umugore wo mu Kagari ka Gatenga mu Murenge wa Gatenga yatangiye gukorwaho iperereza n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB.
Ni nyuma yo gukorana imibonano mpuzabitsina n’umugabo bari batahanye, bwacya bagasanga umwana w’uruhinja w’uyu mugore bari baryamye ku buriri bumwe yapfuye.
Nyuma yo gusanga urwo ruhinja rwitabye Imana kandi bari baryamye ku buriri bumwe byahise bikekwa ko bamuryamiye.







