Nyamasheke: sedo arashinjwa n'abaturage kubaha service mbi
Nyamasheke: sedo arashinjwa n'abaturage kubaha service mbi
Mu karere ka nyamasheke abatuye mu kagari ka Shara barashinja ushinzwe imibereho myiza muri aka kagari ka Shara kubatuka no kubabwira nabi
Hari abaturage bo mu kagari ka Shara mu murenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke bavuga ko SEDO w’aka kagari abaha serivisi mbi akongeraho no kubatukira mu ruhame. Ni mu gihe ubuyobozi bw’uyu murenge bubihakana buvuga ko abo baturage bashobora kuba bamuhimbira.



