Polisi yataye muri yombi umucamanza azira ubutinganyi aho yatinze umumotari abanje ku musindisha
Polisi yataye muri yombi umucamanza azira ubutinganyi aho yatinze umumotari abanje ku musindisha
Umucamanza witwa Benson Ngowi ufite imyaka 32 yatawe muri yombi na Polisi azira ubutinganyi aho yatinze Umumotari ufite imyaka 19 abanje ku musindisha inzoga yitwa Safari, muri Tanzania mu karere ka Ngorongoro mu Mutara ya Arusha.
Amakuru yatanzwe n'abaturage avuga ko Umucamanza Loliondo Benson Ngowi, yasambanyije umusore ukora umwuga wo gutwara Moto ( Motari) abanje ku musindisha inzoga yitwa Safari, Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3 Gashyantare 2024,
Aya makuru avuga ko uwo mucamanza yagiye kureba uwo mu motari aho atuye maze atangira ku mugurira inzoga yitwa Safari .
Nyuma ngo mukuru w'uwo mu motari nawe yarahageze batangira gusangira izo nzoga bigeza mu masaa tatu zijoro, nyuma ngo uwo Mucamanza yahise atuma uwo mukuru w'umumotari ngo ajye gushaka ibyo kurya muri Resitora.
Hanyuma uwo musore yaragiye mu kugaruka asanga urugi rurakinze arakomanga maze uwo Mucamanza aza ku mu kingurira ariko uwo musore abona uwo mucamanza igitsina cye gihagaze maze uwo musore ahita agira amacyenga ageze munzu ahita akomereza mu cyumba asanga murumuna we aryamye y'ubitse inda yambaye ubusa buriburi .
Uwo musore yahise atabaza maze abantu bahita bahagera basanga uwo musore ya sambanyijwe, bahita bahamagara Polisi ihita ihagera niko gutwara uwo Mucamanza.
Amakuru avuga ko uwo Mucamanza yabanje kwigira inshuti nuwo mu motari kuko ngo yajyaga amuhamagara ngo amutware ahantu yabaga ashaka kujya, nyuma yo kuba inshuti niho yahereye ajya iwe murugo ndetse amugurira izo nzoga amaze gusinda nibwo yahise amusambanya.





