U Rwanda rwashyikirije u Buhinde Salman Khan bukurikiranyeho iterabwoba n’ibindi bifitanye isano na ryo
U Rwanda rwashyikirije u Buhinde Salman Khan bukurikiranyeho iterabwoba n’ibindi bifitanye isano na ryo
Inzego z’Ubutabera z’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo, zashyikirije u Buhinde Salman Khan usanzwe ari umuturage wabwo kugira ngo bumukurikiraneho ibyaha by’iterabwoba n’ibindi bifitanye isano na ryo.
Igikorwa cyo gushyikiriza uyu mugabo inzego z’ubutabera bw’u Buhinde cyabereye ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali.
Ku wa 9 Ugushyingo ni bwo uyu mugabo yatawe muri yombi, nyuma y’ubusabe bwa Leta y’u Buhinde yabinyujije muri Polisi Mpuzamahanga.
Inkuru irambuye ni mu kanya gato ......







