Ubushinwa: Elon Musk mu nzira zo gutangiza umushinga w’imodoka zitwarwa na ’Robo’

May 8, 2024 - 04:39
 0
Ubushinwa: Elon Musk mu nzira zo gutangiza umushinga w’imodoka zitwarwa na ’Robo’

Ubushinwa: Elon Musk mu nzira zo gutangiza umushinga w’imodoka zitwarwa na ’Robo’

May 8, 2024 - 04:39

Ibitangazamakuru bya Leta y’Ubushinwa byatangaje ko Elon Musk yatanze igitekerezo cyo kugerageza uburyo bwo gutwara ibinyabiziga mu Bushinwa hakorwshejwe robo

Mu ruzinduko rwa Musk mu Bushinwa mu kwezi gushize, hakozwe iri suzuma hanyuma hanzurwa ko bakomeza gusuzuma ubuziranenge bwayo ariko hatangwa icyizere ko bizashoboka.

Abashinzwe ubugenzuzi bw’ikoranabuhanga mu Bushinwa , bavuze ko hagikenewe gukora ubugenzuzi bwimbitse mbere y’uko uyu mushinga w’imodoka zitwara hakoreshejwe Robot wemezwa.
Impuguke mu by’inganda zavuze ko n’ubwo TikTok yabujijwe muri Amerika, Ubushinwa bwo ngo buzakomeza gukorana no gukingura imiryango y’amasosiyete mpuzamahanga irimo n’iya Amerika.
T. David I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 784 525 501