Itangazo rimenyesha abafana ba APR FC na AS KIGALI ndetse nabandi Muri rusange
Itangazo rimenyesha abafana ba APR FC na AS KIGALI ndetse nabandi Muri rusange
Umukino wagombaga guhuza APR FC na AS KIGALI kuri uyu wa 5 wimuwe.
APR FC iri mubihe byo kwiraburira umutoza wongera imbaraga Adel Azrane witabye Imana kuri uyu wa 2 , yasabye ko umukino wayo w’umunsi wa 26 wimurwa.
Uyu mukino wimuriwe kuwa 15 Mata.







